Amakuru Agezweho mu Rwanda no ku Isi
ababyeyi babo barumiwe, akaba arikigo giherereye mu Rwanda mu karere ka nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga Kamanzi Joseph akaba akomeje kugaragaza udushya,ariko Kandi aba abanyeshuri bananiranye harimo nabo police yafunze,
Umuyobozi yavuzeko ari muburyo bwo gukosora no kugorora. Kandi ko bizakomeza mugihe hakomeje kugaragara ibyigomeke muri G.S Rwimiyagaabo banyeshuri bagaragaye ni aba S3 cyane cyane ngo bananiranye bitwajeko bamaze kubona umubare ubemerera gukora ikizamini cya leta
Stay updated with the latest news directly on WhatsApp.
Kurikira MIFASARW kuri WhatsApp